Minisitiri w’Intebe Dr. Justin Nsengiyumva asaba abaturage ba Musanze by’umwihariko n’abo mu tundi turere dukora kuri Pariki y’Ibirunga ko iyo ingagi zibungabunzwe, akamaro kabyo nabo kabageraho. Nsen...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe kugenzura imirimo imwe n’imwe ifitiye igihugu akamaro kurusha indi, RURA, cyatangaje ko guhera kuri uyu wa Gatandatu Tariki 06, Nzeri, 2025 kugeza mu mezi abiri ari imbere, ...
Perezida Kagame ubwo yatangizaga inama mpuzamahanga y’iminsi ibiri yiga ku iterambere ry’ubwikorezi bukoresha indege iri kubera mu Rwanda, yagarutse ku itangizwa ryo gutwara abagenzi muri drones bwat...
Mu mugoroba wo kwishimira uko kwita ingagi ku nshuro ya 20 byagenze, ab’imena mu batumiwe bazasusurutswa n’itsinda ricuranga Zouk ryitwa Groupe Kassav. Bizabera muri Kigali Convention Center mu masaha...
Minisitiri Louis Watum Kabamba ushinzwe ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro muri Guverinoma ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo yakiriye mu Biro bye Ambasaderi wa Amerika Lucy Tamlyn. Ingingo batinzeho mu...
Hagati y’itariki 21 n’iya 28, Nzeri, 2025 mu Rwanda hazabera irushanwa ry’isiganwa ry’amagare ku rwego rw’isi. Bamwe mu bazasiganwa bashima uko imihanda y’u Rwanda ikoze, bakemeza ko n’ikirere cyarwo ...
Kuri Truth Social, Perezida Donald Trump yanditse amagambo asaba Hamas kurekura abaturage ba Israel bose yatwaye bunyago, akavuga ko Amerika idashaka ko Hamas irekura babiri, batanu cyangwa barindwi a...
Mu Mujyi wa Uvira habereye imyigaragambyo yakozwe n’abarwanyi ba Wazalendo bafatanyije n’indi miryango ivuga ko iharanira uburenganzira bwa muntu, bakavuga ko badashaka ko General Olivier ...
Kuri Pétit Stade habereye umukino wa Basketball wahuje abangavu b’u Rwanda na bagenzi babo ba Tanzania urangira ab’i Kigali batsinze abo muri Dar es Salaam amanota 64 kuri 41. Bari gukina irushanwa ny...
Kuri uyu wa Gatatu Tariki 03, Nzeri, 2025 Perezida w’Ubushinwa Xi Jinping yayoboye umuhango wo kwizihiza imyaka 80 igihugu cye kimaze kigobotoye ubukoloni cyari cyashyizwemo n’Ubuyapani mu gihe cyaba...









