Perezida Paul Kagame yasabye abatuye Turikiya kwihangana kubera inkongi iherutse kwibasira Hoteli igahitana abantu 76 bamaze kubarurwa kugeza ubu. Ubutumwa bwo kwihanganisha iki gihugu Kagame yabugene...
Lt. Gen. Herzi Halevi wari usanzwe ari umugaba mukuru w’ingabo za Israel yatangaje ko yeguye ku buyobozi bwazo kubera ko hari ibyo atarahabwaho ubusobanuro ku gitero cyagabwe ku gihugu cye tariki 7, U...
Ubuyobozi bw’u Rwanda mu by’ububanyi n’amahanga buherutse gusinyana amasezerano y’ubufatanye n’ubwa Pakistan ari mu ngeri nyinshi zirimo n’ubufatanye mu by’umutekano. Ambasaderi wa Pakistan mu Rwanda ...
FERWAFA yemeje ko uwari umutoza mukuru wa Amavubi, Frank Torsten Spittler, adakomeza kubikora kuko ibiganiro byo kongera amasezerano yagiranaga nawe ntacyo byageze ho. Uyu mugabo ukomoka mu Budage ya...
Umuyobozi w’Akarere ka Ruhango, Habarurema Valens yahakanye gutukana no kuka inabi abo bakorana bamushinja. Hari abakozi ku rwego rw’Akarere ka Ruhango bamushinja kubatoteza no kubuka inabi bita...
Mu kurahira kwe Perezida w’Amerika Donald Trump, yiyemeje ko kwirukana abimukira bari muri Amerika badafite ibyangombwa byo kuhaba biri mu byihutirwa. Trump yarahiriye mu nzu kubera ubukonje bwi...
Ubuzima bw’umugore w’icyamamare Théo Bosebabireba bugeze ahabi kubera kurwara impyiko. Aho mu bitaro ari gukorerwa ubuvuzi bwo kuyungurura impyiko bita dialyse. Umugore wa Bosebabireba yitwa Mushimiyi...
Donald Trump, umugore we Melanie Trump n’abandi bo mu muryango we bamaze kugera muri Kiliziya ya Saint John i Washington aho ari burahirire. Ararahira saa moya zo ku isaha mpuzamahanga ni ukuvug...
Hari umudipolomate wo muri kimwe mu bihugu by’Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi wabwiye Ikinyamakuru Al Arabiya ko Israel yarangije gutegura intambara yeruye kuri Iran. Uwo muntu utatang...
Hari abatuye Umurenge wa Giti mu Karere ka Gicumbi bavuga ko bamaze igihe batagira amazi meza kandi bafite amavomo. Banenga ko abashinzwe amazi bayabaha ari uko hari abayobozi bo mu nzego nkuru z’igi...









