Muri Leta zunze ubumwe z’Amerika habereye impanuka y’indege yari irimo abagenzi 60 n’abayikoramo bane yagonganye na kajugujugu ya gisirikare yari irimo abantu bane. Polisi ishinzwe u...
Perezida Kagame yabajije bagenzi be bagize Umuryango wa Afurika y’Uburasirazuba niba aho ibintu bigeze mu Burasirazuba bwa Repubulika bitaratangiye buri wese abireba. Mu ijambo yabagejejeho mu buryo b...
Ku mupaka w’u Rwanda na DRC hakiriwe abacanshuro bakabakaba 300 bacishijwe mu Rwanda mbere yo kurizwa indege basubizwa iwabo. Mu masaha ashyira igicamunsi cyo kuri uyu wa Gatatu nibwo bari bageze i Ru...
Nduhungirehe Olivier yabwiye Akanama k’Afurika yunze ubumwe gashinzwe amahoro ko kurasa mu Rwanda kwakozwe na DRC mu minsi ishize ari ikosa rikomeye rikwiye kwamaganwa na buri wese. Yabivugiye m...
Komisiyo y’ubumwe bw’Uburayi yahaye Repubulika ya Demukarasi ya Congo inkunga ya Miliyoni Euro 60 izakoresha mu ngengo y’imari yayo ya 2025 cyane cyane mu bikorwa byo kwita ku bahung...
Kuri iyi nshuro Perezida Paul Kagame yaganiriye n’Umunyamabanga wa Leta ya Amerika ushinzwe ububanyi n’amahanga Marco Rubio, batinda ku biri kubera mu Burasirazuba bwa DRC cyane cyane i Goma. Ku rubug...
Ambasaderi wihariye ushinzwe ibibera mu Karere k’Ibiyaga bigari Vincent Karega yabwiye itangazamakuru ko abasirikare ba DRC bahungiye mu Rwanda bafite amahitamo yo kuzahaguma nibabishaka. Yabivugiye m...
Imibereho mibi no gukomerekera ku rugamba byatumye abasirikare ba DRC baherutse guhungira mu Rwanda bitabwaho n’ingabo zarwo. Kuri uyu wa Mbere nibwo abasirikare bagera ku 100 bo muri Repubulika ya De...
Hagati ya 23, Gashyantare n’itariki 02, Werurwe, 2025 nibwo isiganwa mpuzamahanga ribera mu Rwanda ryitwa Tour du Rwanda rizaba. Ni isiganwa rizagira ibyiciro umunani bita stages. Iriheruka ryabaye ha...
Amakuru aravuga ko Perezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa, yavuganye kuri telefoni na mugenzi we w’u Rwanda, Paul Kagame, ku mutekano mucye uri i Goma. Kuri X, Ibiro bya Perezida wa Afurika y’Epf...