Abashinzwe iperereza muri Uganda baraye basaka ingo z’abakozi ba Banki nkuru ya Uganda ngo barebe ko hari uwo basangana amwe mu mafaranga menshi iyi Banki yibwe. Polisi yatangarije The Monitor ko iper...
Minisiteri y’imari n’igenamigambi yatangaje ko ifite gahunda yo kuvugurura ingengo y’imari y’u Rwanda ikiyongeraho Miliyari Frw 126.3 azakoreshwa mu mwaka wa 2024/2025. Yusuf Murangwa uyobora iyi Mini...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Amb. Olivier Nduhungirehe yaganiriye na mugenzi we wo mu Burusiya witwa Bogdanov Mikhail Leonidovich ku ngingo y’imikoranire mu gushakira igisubizo umuteka...
Amakipe atandatu yo mu Rwanda niyo yemejwe ko azitabira irushanwa rihuza ayabaye aya mbere iwayo mu bihugu byo mu Karere ka Afurika y’Iburasirazuba, “CAVB Zone V Volleyball Club Championship 2025”. Am...
Perezida Donald Trump yatangaje ko hari umugambi i Washington bafite wo gufata Gaza bakayihindura ahantu habo, bakahateza imbere, Abanyapalestine bagashakirwa ahandi batuzwa mu Misiri no muri Jordan. ...
Nyuma yo kwakira ikirego cyatanzwe n’umubyeyi wabyariye mu bitaro bya Masaka, RIB yaperereje ifata umugore w’imyaka 36 ukekwaho gushimuta abana b’abandi abakuye muri ibi bitaro akabita abe. Mu ijoro ...
Icyamamare Wema Sepetu cyatangaje ko nyuma yo gukora ibishoboka byose ngo azabyare ariko bikanga, yamaze kwiyakira ko bitagishobotse. Sepetu ubu afite imyaka 35 y’amavuko. Uretse kuba yarabaye Miss ...
Angie Matsie Motshekga usanzwe ari Minisitiri w’ingabo za Afurika y’Epfo ari ku gitutu cyo kwegura nyuma y’uko Abadepite bamushinje uburangare bwatumye igihugu cye gipfusha abasirikare 14 baherutse kw...
Perezida Kagame yabwiye CNN ko nta muntu uzagira uruhare mu kurinda umutekano w’Abanyarwanda uretse bo ubwabo. Yaraye abiganirije umunyamakuru Larry Madowo usanzwe ukorera CNN ubwo baganiraga ku mutek...
Polisi y’u Rwanda yahungishije abadipolomate b’Umuryango w’Abibumbye babaga mu Mujyi wa Bukavu uri muri Kivu y’Amajyepfo, ukaba uri hafi kugerwamo n’abarwanyi ba M23. Abo barwanyi bari baherutse no gu...









