Cyril Ramaphosa yavuze ko kugira ngo ingabo ze ziri muri DRC zizatahe bizaterwa n’uburyo ishyirwa mu bikorwa by’amasezerano aherutse gusinyirwa i Dar es Salaam rizagenda. Yabivuze akomoza ko nama iher...
Mu Mudugudu wa Kirwa, Akagari ka Mushirarungu, Umurenge wa Rwabicuma mu Karere ka Nyanza haravugwa abantu bari gushakishwa na Polisi bakekwaho gukubita umuntu inkoni bikamuviramo urupfu. Saa saba z’am...
Abatuye Umujyi wa Bukavu mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo bavuga ko ingabo za DRC zifatanya n’abo muri Wazalendo kubakorera amarorerwa. Bavuga ko bibwa, abagore bagafatwa ku ngufu hakaba nabicwa kandi bik...
Nyuma y’uko abasirikare ba Israel batangiye kuva muri Gaza-bikaba byatangiriye ahitwa Netzarim- nk’uko biteganywa n’amasezerano y’amahoro aherutse kwemerezwa muri Qatar, abarwanyi ba Hamas babyishimiy...
Ihuriro rya Politiki ryitwa Alliance Fleuve Congo rivuga ko uko ibintu byazagenda kose mu gihe kiri imbere, ari ngombwa ko ibiganiro bya Politiki-rigizemo uruhare rutaziguye- bizaba umuti urambye w...
Sam Nujoma wabaye Perezida wa mbere wa Namibia yatabarutse afite imyaka 95 y’amavuko. Nujoma yagize uruhare rutaziguye mu kugeza igihugu cye ku bwigenge. Namibia yagenze mu mwaka wa 1990 yigobot...
Itsinda rya ba ofisiye bato mu ngabo z’u Rwanda ryasuye ingoro y’amateka yo kubohora u Rwanda iri ku Nteko Ishinga amategeko basobanurirwa uko bakuru babo bitanze ngo batabare Abatutsi bahigwaga bukwa...
Umwe mu myanzuro yaraye ifatiwe mu Nama idasanzwe yahuje Abakuru b’ibihugu b’Umuryango w’Afurika y’Iburasirazuba (EAC) n’Umuryango wa Afurika y’Amajyepfo (SADC), yabereye Dar es Salaam usaba ubutegets...
Kuri X ya Perezidansi ya DRC handitse ko Perezida Tshisekedi yifuza ko bagenzi be ba EAC na SADC bitabiriye Inama yabahurije muri Tanzania bategeka abarwanyi ba M23 kuva mu Mujyi wa Goma. Ni kimwe mu ...
Muri iki gitondo Perezida Kagame yageze muri Tanzania mu nama yahuje Abakuru b’ibihugu byo mu Karere u Rwanda ruherereyemo n’ibya SADC. Ni Inama iri bwigirwemo uko ibibazo biri mu Burasira...









